02/02/2025
Gusa nyuma yo kubura inzira batangiye kurasa mu Rwanda bakoresheje ibikoresho byose bari bafite. M23 yari yinjiriye itumanaho ryabo. Hari Abarundi baba ofisiye bahamagaye i Bujumbura babwira etamajoro ko mu Rwanda hari ikintu batazi kitari gituma barasayo ko ibisasu byose hari ikiri kubimira bikiri mu kirere.
Special force ya M23 yahawe amabwiriza ko nta murundi na FDLR bagomba kuva aho bari bari. (Ibyakurikiyeho ni amateka)
Abo basirikare bose babβAbarundi na FDLR akazoza kabo kagiye mu biganza bya M23 I Burundi barumirwa ubwoba burabataha.
Abarundi baje kohereza indi batayo iva Bukavu nayo yose yashiriye mu Kivu. Ibi byose Ndayishimiye yabikoraga ameze nkaho ahanganye nβu Rwanda gusa M23 yabakuraga munzira bataninukirije mu Rwanda.
Ngiye gutangira kubaha update ya Sud Kivu dore ko ariho Abarundi birundiye barenga ibihumbi 6 (6000) nabandi bari gutegurwa bari munzira.
Ibi yivugisha ngo Abanyarwanda barashaka kumutera, ahubwo M23 nakomeza kuyataka niyo izamurasa dore ko adahakana kohereza Abarundi muri Congo bo kurimbura M23.
Nibutsa Abanyarwanda ko ikirere cyβu Rwanda cyose kirizwe 100/100 ubutaka burarinzwe, Bugesera irarinzwe noneho kurusha Kigali kubera ibikorwa remezo bihari.
Byabindi nahoraha mvuga ngo u Rwanda ruradadiye ngirango mwarabibonye za Rubavu βπΏπ·πΌβ€οΈ