NByiza quotes

NByiza quotes NByiza is a singer,songwriter....

06/09/2026

“Iyo uzanye ubwitonzi n’ubushishozi, ishimwe, ndetse no kugirana isano yimbitse mu bikorwa byawe bya buri munsi no mu byo uhura nabyo.”
-Nbyiza Motivation-

18/08/2026

Gira ukwicisha bugufi.
Ha agaciro imigisha yawe bucece. Irinde kuvuga ibyishimo ku muntu ubabaye, amafaranga ku muntu ukennye, ubuzima ku muntu urwaye, imbaraga ku muntu ufite intege nke, cyangwa abana ku muntu utabyara.
Nbyiza Motivation

Send a message to learn more

30/03/2026

“Rimwe mu Masomo meza ushobora kwiga mu buzima , n’ukumenya gutuza”

Nbyiza Motivation

25/02/2026

“Kwizerana birashoboka, gusa ni nyuma y’igihe runaka.”

Nbyiza Motivation

23/02/2026

“Abantu ntibatugirira nabi kuko batadukunda, ahubwo ni uko batikunda ubwabo."

Nbyiza Motivation

08/01/2026

"Tugomba kohereza amagambo yacu mu cyerekezo dushaka ko ajyamo.
Mu yandi magambo, dukeneye gutangira kuvuga intsinzi mu gihe turi gutsindwa.
Tugomba gutangira kuvuga gukira mu gihe turwaye.
Tugomba gutanga umugisha no gutera imbere mugihe ntacyo dufite.
Tugomba gukomeza kubyerekeye urugendo rw’ubuzima mugihe twumva dushaka kubireka."
Amagambo tuvuga ni nk'uruziga rw'ubuzima bwacu nubwo duhura ninkubi y'umuyaga n'intambara z'ubuzima.

Address

Kimironko
Kigali
250

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when NByiza quotes posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share