Ibitecyerezo Byagufasha Mubuzima Bwaburi Munsi

Ibitecyerezo Byagufasha Mubuzima Bwaburi Munsi This page It Will Always For Help People To Again Knowledge About The Earth And Life Style For Everybody Who Need Our Idea

29/04/2021
13/11/2020

Umuntu wawe uzamwibutse ko m'ubu*ima bwe bwose agomba kwihesha agaciro ntakemere kugendera kugitugu cy'abakomeye ngo bitume yemera gukandamiza abaciye bugufi ashimisha ibikomerezwa, kuko iyo wemera kugendera iyo bashaka hose ahubwo nibwo uba witesha agaciro kawe kuburyo wisanga bagukoresha ibyo bashaka bakakujyana iyo bashaka muri kwa guharanira kubashimisha ukisanga ari wowe wishyura ibyaha byabo bo bimereye neza, bityo mukwihesha agaciro kwawe niyo byagushwanisha nabo bantu uba ugerageza gushimisha, abandi bantu bubaha ukuri n'ibintu biciye mukuri no m'umuco bo bazaguha agaciro gakomeye banakubahe bagufatiraho urugero n'icyitegererezo bityo nubwo abakomeye bakwanga baku*iza kwiyubaha ariko babandi bazi agaciro n'ubumuntu bazakubaha kandi baguhe n'agaciro waberetse bityo m'ubu*ima ntugatume hari abagutesha agaciro kubera icyo baricyo ngo batume nawe ubwawe witesha agaciro, kandi urwango rw'ibikomerezwa ntirugatume ucika intege ngo wiyambure agaciro kawe ubacinyaho inkoro kuko iminsi yo ubwayo izakwihera agaciro nabo bakubahe basigare bagufatiraho icyitegererezo n'abaciye bugufi baguhundagazeho ibyizere n'ibyubahiro

Ndabashimiye mwese mudahwema kunyereka ko turikunwe IMANA Ikomeze kubahundagazaho imigisha aho mugana hose

01/08/2020

✍🏻Nshuti icyo nakwisabira ni ukujya uturisha ibintu ukareka kubiremereza no kubikuririza unabikabiriza cyane kuko n'ubundi ntacyiza wakura muguhangana no gushoza intambara uretse kwisanga wicuza uburyo wahubutse, rero umuntu uko yakubabaza kose nubwo biba bigoye ariko ujye wihangana wigire nkaho ntacyabaye, ni biba ngombwa wisekere bizatuma ariwe usigarana igisebo cyo kuba yakoze ubusa kuko abaduhemukira n'abadukorera ibintu bibi icyo baba bagamije ari ukutubabaza bityo iyo abonye umusekeye cyangwa akabona ibyo agukoreye ntacyo bigukozeho biramubabaza cyane kuko intego yo kukubabaza ngo we yishime aba atayigezeho

🗣na none ndabizi uzahura n'abagusuzugura bagutesha agaciro, bagufata nkaho ntacyo uricyo bakanagutega iminsi ko ntacyo u*igezaho, abo rero nuhura nabo ntibazaguce intege ahubwo bazagutere imbaraga zo gukora cyane, ejo utazavaho ubahamiriza ibyo bakuvuzeho ujya kugira icyo ubasaba bakaboneraho urwaho rwo kukota no kukwishyongoraho bishingikirije gihamya y'ibyo bakuvuzeho uberetse,

Ibyiza by’indimuTEKEREZA urubuto rushobora gukoreshwa mu kuvura, gukora isuku no kwica udukoko, kandi abantu bakarwisiga...
19/09/2019

Ibyiza by’indimu

TEKEREZA urubuto rushobora gukoreshwa mu kuvura, gukora isuku no kwica udukoko, kandi abantu bakarwisiga kugira ngo babe beza. Nanone ushobora kururya, ukanywa umutobe warwo kandi ukarukoramo amavuta. Rusa neza, ruboneka ku isi hose kandi ntiruhenze. Ushobora no kuba urufite iwawe. Urwo rubuto ni uruhe? Ni indimu.

Abantu bakeka ko indimu zaturutse mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Aziya. Bagiye bazivana muri ako gace bakazijyana mu burengerazuba, ahagana mu karere k’inyanja ya Mediterane. Ibiti by’indimu bikunda kwera mu turere tw’imberabyombi, ari yo mpamvu byera cyane mu bihugu nka Arijantina, u Butaliyani, Megizike, Esipanye no mu bice bimwe na bimwe bya Afurika na Aziya. Igiti kimaze gukura, gishobora kwera indimu ziri hagati ya 200 na 1.500 buri mwaka, bitewe n’ubwoko bwacyo cyangwa aho giteye. Kubera ko indimu zera mu bihe bitandukanye, zisarurwa mu bihe byose by’umwaka.

Indimu zera mu Butaliyani

Abantu ntibemeranya na gato niba Abaroma ba kera barahingaga indimu. Hari inyandiko zigaragaza ko Abaroma bari bazi ubundi bwoko bw’urwo rubuto bungana n’indimu nini. Mu gitabo cyanditswe n’umuhanga mu by’amateka w’Umuroma witwa Pline l’Ancien, yavuzemo iby’igiti cyo mu bwoko bw’indimu n’imbuto zacyo (Natural History). Icyakora, hari impuguke zemeza ko Abaroma bari bazi n’indimu. Kubera iki? Ni ukubera ko hari ibishushanyo bitandukanye biriho indimu, aho kuba izindi mbuto zo muri ubwo bwoko. Urugero rumwe rubigaragaza, ni urw’itongo ry’inzu yo mu mugi wa Pompeii, ikaba yarahawe izina riyikwiriye ry’Inzu y’Imbuto, kubera ko yari itatsweho ibishushanyo bigaragaza ibimera bitandukanye, harimo n’igiti cy’indimu. Icyakora, muri icyo gihe bashobora kuba baragifataga nk’igiti cyaturutse mu mahanga, gishobora kuba cyarakoreshwaga mu kuvura indwara gusa. Nta wamenya niba indimu zareraga muri ako gace mu buryo bworoshye, cyangwa ngo amenye uko zakwirakwiriye.

Ikirwa cya Sisile kigira ibihe birebire by’ubushyuhe buringaniye n’ibihe by’imbeho idakabije, ni cyo

28/07/2019

You are at :Home»IBITECYEREZO BYAGUFASHA MUBUZIMA BWABURI MUNSI√√√
>>AMATEKA YA COL. MUAMMAR GADDAFI

10/07/2019
31/12/2018

NDABIZI BAMWE BARAZA GUCIKA INEJYE GUSOMA UBU BUTUNWA NYAMARA WAJYERAJYEZA KKO BUSHOBORA KUGUFASHA MURAKOZE
Nshuti zajye mubyukuri imyitwarire myiza n'imibi akenshi na kenshi irandura kuva kuyo ukura mumaraso n'uburere bw'ababyeyi ndetse niyo ukura m'ubu*ima runaka n'urungano wisanzemo, aha icyo nagusaba nuko byaba byiza uyobowe n'umutima nama wawe ukumva ijwi rikuvugiramo wowe ubwawe akaba ariryo uha agaciro mbere yuko uha agaciro iby'abandi kuko ari wowe ubwawe uba wiyizi kurusha uko abandi baku*i ikindi akaba ari wowe ubwawe u*i icyo ukeneye kurusha ko abandi bamenya icyo ukeneye, ikindi nakubwira nuko mugihe uhuye n'ibiguca intege cyangwa ibibazo bidakwiye ko wiheba, wigunga, uheranwa n'agahinda, ugira umunabi kuko bitera ingaruka mbi m'ubu*ima bwawe hakaba kwangirika m'umubiri no mubwonko ukagira impinduka zidasanzwe umubiri ugatakaza ubudahangarwa bwawo, urugero warubonera kumuntu wapfushije ababyeyi akananirwa kwihangana bikamuviramo ingaruka yo kurwara umutima cyangwa parrarize bikarangira apfuye nanone urundi rugero ni kumuntu waciwe inyuma numugowe bigatuma yishora munzonga N' indaya Bikarajyira bamwanduje agakoko gatera ako kanya agahangayika kurushaho nukorero nshuti zajye bityo igihe wajya uheranwa n'ibyo bibazo ukananirwa kwiyakira nta kabuza iminsi y'ubu*ima bwawe izahora yijimye, icyo nakubwira muri wowe uzaharanire kugira ibitekerejo bituje kuko bituma ugira ingufu muri wowe ndetse bigatuma wigirira ikizere ibyo bikaba ingenzi mukugira ubu*ima bwiza bwuje urumuri bukazira umwijima, ugomba kumenya ko ubu*ima budahora ari bwiza ariko kubugira bigahora ari byiza, uzahore unyurwa nuko uriho kuko hari abandi bahora bifuza gupfa kubera ubu*ima bubi babayeho, nuzahera mugihirahiro wabuze amahitamo ntuzakore ikosa ryo guhagarara cyangwa gusubira inyuma ahubwo uzagerageze utere intambwe imwe ugana imbere kuko icyo uzasanga imbere icyo aricyo yose kizaguha amerekezo n'uburyo witwara mugushaka amahitamo, ntuzagirire inzika uwaguhemukiye ngo ukabye kuko byatuma ari wowe ubabazwa n'umutima kurusha uwaguhemukiye, ariko ntabwo nkubwirije kwibagirwa ko yaguhemukiye kuko kubizirikana aribyo biguha isomo rizagufasha mucyerekezo cy'ahazaza, ntuzaterwe ubwoba n'uburemere bw'ibibazo uzahura nabyo kuko uko bizaba birutanwa m'uburemere aribwo buzagusigira isomo rikomeye ugasigara ukomeye, uzazirikane ko ari wowe ubwawe ufite inshingano zo kwiyitaho ukamenya ikigukwiye mugihe gikwiye, kandi uzaharanire kugira m'umutwe heza kurusha kugira isura nziza kuko ubwiza nyabwo bw'umuntu bumuhesha gukundwa na bose ni m'umutwe aho ufite m'umutwe heza aba afite ubwiza bufasha ibindi bice by'umubiri kuba byiza bitewe n'ubwenge cyangwa ubuhanga ufite m'ubwonko bufasha umubiri mukwiyitaho, ariyo mpamvu bavuga ko ubwiza bw'umwali bumwinjiza ibwami ariko ubwenge bwe nibwo bugena igihe azamarayo bivuze ko udafite m'umutwe hazima nta segonda wamara ibwami,
Murako kuba mufashe akanya ko gusomo iyi SMS binashobotse Wagakorera Ubutumwa Bugashyika Kubandi Murakoze Nshuti Kdi Munyemerere Mbature Akaririmbo Bita

Address

Mwiki
Mwiki

Telephone

+254743832825

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Ibitecyerezo Byagufasha Mubuzima Bwaburi Munsi posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share